Yesu yakomeje kwerekana imbabazi ku bantu bose bammukurikiye. Rimwe yari arimo abwiriza mu butayu. Abantu ibihumbi bitanu-hamwe n’abagore n’abana- barimo bumva ubutumwa bwe, ariko ntibari bazanye icyo kurya ngo barye. Yesu abona ko bari bashonje. Arasaba ko bamuha ibiryo by’agahungu gato-umubumbe w’umutsima n’amafi abiri mato. Arangije ashimira Se wo mw’ijuru, maze akora igitangaza cyo gutubura ya mafi n’imigati ku buryo buri muntu muri abo bantu benshi yariye agahaga. Dushobora guha bike dufite Yesu kuko ashobora kubitubura kugirango ngo afashe abantu be. |
Go to Part 17 ~ Teaching in Parables