Mu gitondo ku Cyumweru haba igatangaza. Urupfu ntarwo rwashoboye guheza Yesu mu gituro. YESU AZUKA MU BAPFUYE. Abarinzi b’abaroma bashya ubwoba biruka bahunga mu gihe marayika yahiritse Yabonye imva irimo ubusa. Yumva malayika avuga ati, “kuki ushakira umuzima mu bapfuye?” Maze Mariya abona umwami we wazutse. Bumvise ayo magambo, Petero na Yohana biruka bajya ku mva ariko icyo babonye ni imyenda yo mu mva irimo ubusa. Bava aho ngaho bajyenda banezerewe. Iyi ni inkuru nziza. Ubu nibwo butumwa bw’ukuri: Ko Yesu yapfiriye ibyaha byacu nk’uko byari byaranditswe; ko yahambwe maze akazuka ku munsi wa gatatu, byose nkuko byari byaranditswe. Haleluya! Kristo Yarazutse. |
Go to Part 30 ~ Appearances