Ubu turiho mu gihe kiri hagati yo kuzamurwa kwa Yesu no kugaruka kwe kwegereje. Yesu ubwe yaravuze ati, “Ntimutinye. Mu rugo kwa Data hariyo amazu menshi. Ngiye kubategurira aho muzaba,” Umumarayika igihe Yesu yazamurwaga yaratubwiye ngo, “uyu Yesu uzamuwe mu ijuru ni nako azagaruka.” Intumwa Pawulo iratubwira iti, “ Uyu ni umwami uzamanuka avuye mu ijuru we ubwe n’urusaku, n’amajwi y’abamarayika n’impanda y’Imana. Nuko abapfiriye muri Kristo bazabanza bazuke.” Na Yohana wahishuriwe ararubwira ati, “ Igihe Yesu azaza mu gicu, amaso yose azamubona, hamwe n’abamwishe, kandi amoko yose yo ku isi azikubita imbere ye. Bibe bityo . Amen”. Ese uriteguye kuza kwe? |
Go to Part 36 ~ Final Judgment